Amakuru dukesha radiyoyacuvoa.com avuga ko abana barenga 75 bamaze gupfa bazira icyorezo cya Kolera n’iseru mu nkambi ya Rusayo iri muri teritware ya Nyiragongo muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo. Abashinzwe ubuzima muri iyi nkambi batangarije radiyoyacuvoa.com ko benshi bazira ikibazo cy’isuku nke muri iyi…
Perezida Paul Kagame yatangije icyumweru cy’icyunamo, ndetse n’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, mu Rwanda muri 1994. Yavuze ko mu mateka yabaye, Abanyarwanda bagize imbaraga z’uko nta we uzababwiriza uko babaho, cyangwa ngo abazanemo amacakubiri. Ijambo rya Perezida Paul Kagame…
Dr NAHAYO Sylvere umuyobozi w’akarere ka Kamonyi yaginiranye inama na abaturage agira ati” Turabashimira cyane ko mwitabiriye iyi mama muri benshi, biraduha ikizere ko igikorwa tuje gutangiza hano kizagira umusaruro. Igikorwa cy’ubudaheranwa tugitangije ku mugaragaro hano, ndifuza ko bikomeza no…
Iburanwa ry’urubanza CMB RDP 0078-81/2023 Bitanye ba Mwana mu “ Ikirego cy’ubushinjacyaha ruregwamo SRMC ku rupfu rwa Ndayizeye Jean de Dieu bajugunye umurambo we kugasi ka Bugoba ! Umurambo uharirwa Nshimiyimana Théophile aho parrain ya mwihakanye rugikubita,ndetse handikwa n’ibaruwa ivuguruza…
Inkuru ntikiri imbarirano,iteka no14/0 ryo kuwa 24 Werurwe ryashyizweho umukono na Perezida wa Repubulika ritanga imbabazi murubanza no 0060/CA rwo kuwa 4/ Mata 2022 riha Paul imbabazi akaba yasohotse muri gereza ya Mageragere nyuma y’amazi 31, ahagana saa yine zijoro aho yaramaze amezi 31 afunze, namashumi…