Kamonyi: Niyobuhungiro Obed yibeshye ko akoze agashya bimubyarira amazi nk’ibisusa!  

  Kamonyi: Niyobuhungiro Obed yibeshye ko akoze agashya bimubyarira amazi nk’ibisusa! Nyuma y’itangazo ryatambutse ku mbuga nkoranyambaga, n’ibitangaza makuru binyuranye  ku ikubitiro aho benshi bibazaga niba Umurenge wa Karama waba uri mu bihe  bya COVID- 19, cyangwa umutekano muke. Rimaze…

Kamonyi – Rukoma : RIB yasobanuriye abaturage, amategeko n’ibihano kubakoresha ibiyobyabwenge n’abangiza ibidukikije!

  Kamonyi – Rukoma : RIB yasobanuriye abaturage, amategeko n’ibihano kubakoresha ibiyobyabwenge n’abangiza ibidukikije!   Mu murenge wa Rukoma hateraniye abaturage basaga 1500 baturutse mu tugari dutandukanye  mu kiganiro cyateguwe n’urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha cyahawe…

U Rwanda rwasinyiye inguzanyo ya miliyoni 20$ yo gukwirakwiza amashanyarazi mu Karere ka Kamonyi.

 Ingo ibihumbi 30.000 biteganyijwe ko zizahabwa amashanyarazi,  muri gahunda y’Imyaka itatu. Ku  nguzanyo ya miliyoni makumyabiri zamadorali, u Rwanda rwasinyanye na Arabiya Sawudite. AKarere ka Kamonyi gafite muri rusange Ingo ibihumbi mirongo itandatu zikeneye kugezwaho amashanyarazi ugenekereje usanga Ingo…

Kamonyi: MRPIC Uruganda rutunganya umuceri rwa Mukunguli, rw’ibarutse MUMAF itunganya umusaruro w’Ibigoli.  

    Kuwa 6 kamena 2023 montjalinews yasuye Uruganda rutunganya umuceri rwa mukunguli MRPIC ikigo cy’ubucuruzi gifite TIN 102575232 kuva  kuwa 09 gashyantare 2012 ruherereye mu karere ka kamonyi- Mugina. inyubako z’uruganda ziherereye i Nyamiyaga  ariko rugahuza Mugina,na Kinazi n’uruganda rufite amateka…

“COOPRORIZ abahuzabikorwa ba Mukunguri”, igisubizo mu kwihaza mu biribwa n’iterambere risagurira amasoko!

“COOPRORIZ abahuzabikorwa ba Mukunguri”, igisubizo mu kwihaza mu biribwa n’iterambere  risagurira amasoko!     Koperative y’abahinzi b’umuceli n’abahuzabikorwa  bo mu karere ka kamonyi na Ruhango  ikorera  mu kibaya  gifite ha 700, mu Murenge wa Mugina, Nyamiyaga, Kinazi ya Ruhango kuva mu…

Rwanda: Hatangijwe umushinga wiswe ‘AGUKA’ nka gahunda izafasha urubyiruko guhanga imirimo ibihumbi 100 mu gihe cy’ imyaka ine.

Minisitiri w’urubyiruko Dr Abdallah Utumatwishima ati:”Ni umushinga munini ariko ukeneye igitekerezo ahanini. Urubyiruko rurasabwa kuzana ibitekerezo byabo byiza noneho abafatanyabikorwa bawo bose bagatanga umusanzu mu kubyagura no kubitera inkunga. Mushake ibyo mukora mushoboye kandi mubikore neza natwe…

Rwanda:Ibiza byahitanye abantu basaga 130 mu ntara y’iburengerazuba n’iy’amajyaruguru

Imvura idasanzwe yaguye mu ijoro ryo kuwa   kabiri rishyira uwa 3 taliki ya 3 ukwezi kwa gatanu 2023, yahitanye abasaga 130 abandi barakomereka, mu ntara y’iburengerazuba n’iy’amajyaruguru iyi mvura ikaba ariyo yambere mu Rwanda mu myaka ya vuba iteye Ibiza bigahitana benshi. Bamwe mu barokotse ibi…