Inzira ndende, amarira n’ugutakamba kwa bamwe mu bavandimwe ba Manishimwe Antoine aka Maniri wanyonzwe ubugabo mu mpera za Mutarama 2021 akaba yaragejeje abanyamakuru bacu m’umudugudu wa Bunyonga, akagali ka Bunyonga, umurenge wa Karama mu Karere ka Kamonyi, ariho umushumba akekwa ko yashahuye umuto utagira…
Mu guharanira iterambere n’imibereho myiza y’abaturage mu mwaka wa 2020 polisi y’igihugu yagejeje ibikorwa bitandukanye ku baturage batuye mu Ntara y’Amajyepfo harimo Nyamagabe na Kamonyi, mu Ntara y’Iburengerazuba Rubavu bahawe amashanyarazi akomoka ku ngufu z’imirasire y’izuba, k’ubufatanye n’inzego…
Bamwe mu basigajwe inyuma n’amateka bafite ubumuga batangaje ko hari ubwo bahohoterwa, akenshi babaziza uko bavutse, bityo bikabangamira uburenganzira bwabo harimo kudahabwa uko bikwiriye serivise z’ubutabera n’iz’ubuzima. Ibi babitangaje mu gihe isi iri mu kwezi kwahariwe kurwanya ihohoterwa…
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyamyumba, akagari ka Busoro mu karere ka Rubavu baratabaza ubuyobozi nyuma y’uko amazu yabo asizwe mu manegeka nyuma yo gukora umuhanda ugana kuri gas methane. Ibi bibaye mugiye imvura idahwema kugwa ari nyinshi muri uyu murenge ikaba ishobora no gushyira mukaga ubuzima…