Mutuyimana Francois  ikorosi ryateje impaka  n’urwikekwe !

  Amakuru aturuka ahantu hizewe yemeza ko ikibazo cyaremerejwe n’amarangamutima ,ntakibazo cyaburirwa igisubizo,amabwiriza aba agomba kubahirizwa nubwo tutabyakira kimwe. ibaruwa yo  kuwa 14/7/2025 /kuri 25/7/2025 yahinduye byinshi kumishinga ikorerwa ku muhanda kigali-Muhanga. ri 14/7/2025 na 25/7/2025 za…

Kamonyi: Niyobuhungiro Obed yibeshye ko akoze agashya bimubyarira amazi nk’ibisusa!  

  Kamonyi: Niyobuhungiro Obed yibeshye ko akoze agashya bimubyarira amazi nk’ibisusa! Nyuma y’itangazo ryatambutse ku mbuga nkoranyambaga, n’ibitangaza makuru binyuranye  ku ikubitiro aho benshi bibazaga niba Umurenge wa Karama waba uri mu bihe  bya COVID- 19, cyangwa umutekano muke. Rimaze…

Rwanda: Hatangijwe umushinga wiswe ‘AGUKA’ nka gahunda izafasha urubyiruko guhanga imirimo ibihumbi 100 mu gihe cy’ imyaka ine.

Minisitiri w’urubyiruko Dr Abdallah Utumatwishima ati:”Ni umushinga munini ariko ukeneye igitekerezo ahanini. Urubyiruko rurasabwa kuzana ibitekerezo byabo byiza noneho abafatanyabikorwa bawo bose bagatanga umusanzu mu kubyagura no kubitera inkunga. Mushake ibyo mukora mushoboye kandi mubikore neza natwe…

Rwanda:Ibiza byahitanye abantu basaga 130 mu ntara y’iburengerazuba n’iy’amajyaruguru

Imvura idasanzwe yaguye mu ijoro ryo kuwa   kabiri rishyira uwa 3 taliki ya 3 ukwezi kwa gatanu 2023, yahitanye abasaga 130 abandi barakomereka, mu ntara y’iburengerazuba n’iy’amajyaruguru iyi mvura ikaba ariyo yambere mu Rwanda mu myaka ya vuba iteye Ibiza bigahitana benshi. Bamwe mu barokotse ibi…

Madamu Jeannette Kagame yagaragaje ko hari intambwe ishimishije u Rwanda rumaze gutera mu kurwanya Kanseri y’Inkondo y’Umura.

ku wa 5 Gicurasi, Nibwo Madame Jeannette Kagame yagarutse kuri iyi ngingo, ubwo yagezaga ijambo ku badamu b’Abakuru b’Ibihugu byo mu Muryango wa Commonwealth, bitabiriye umuhango wo kwimika Umwami w’u Bwongereza, Charles III. Yagaragaje ko imwe mu ngingo zaganiriweho n’abashakanye n’Abakuru b’Ibihugu…

Rwanda:Indwara zitandura nizo ziza ku mwanya wa mbere mu birimo guhitana Abanyarwanda.

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, avuga ko n’ubwo hari indwara nka Malariya zagabanutse ku kigero cyiza, ariko nanone indwara zitandura nk’umutima, kanseri na diyabete arizo zirimo guhitana Abanyarwanda benshi. Yabitangaje tariki ya 28 Gashyantare 2023, ubwo yatangaga ishusho y’uko ubuzima bwifashe,…

Kamonyi: Hagati y’intara y’amajyepfo   na Rwanda  Mining Board  ninde ufite igisubizo ku mutekano muke uterwa n’ibirombe  bitagira ibyangombwa byigabizwa n’umutwe w’abagizi ba nabi  bagahohotera abaturage !

    Kamonyi: Hagati y’intara y’amajyepfo   na Rwanda  Mining Board  ninde ufite igisubizo ku mutekano muke uterwa n’ibirombe bitagira ibyangombwa!                                                                                                        …

Amagambo yashize ivuga Kubwimana Daniel wishe Mujawayezu Madeleine nawe yishwe ashaka gutoroka inzego z’umutekano agiye kwerekana aho yahishe ibyo yibye.

Nyuma yiminsi 15 Urupfu rwa Nyakwigendera rumenyekanye iperereza ryaratangiye bamwe barakekwa batabwa muri yombi,Baza kurekurwa,uko Iminsi yagiye yicuma hafatwa Uwitwa Kubwimana Daniel Mwene Musoni waruturanye na Madeilene mu Murenge wa Rukoma Akagali Ka Remera Umudugudu wa kanyinya yafatanywe telephone ya…