Rwanda: Hatangijwe umushinga wiswe ‘AGUKA’ nka gahunda izafasha urubyiruko guhanga imirimo ibihumbi 100 mu gihe cy’ imyaka ine.
Minisitiri w’urubyiruko Dr Abdallah Utumatwishima ati:”Ni umushinga munini ariko ukeneye igitekerezo ahanini. Urubyiruko rurasabwa kuzana ibitekerezo byabo byiza noneho abafatanyabikorwa bawo bose bagatanga umusanzu mu kubyagura no kubitera inkunga. Mushake ibyo mukora mushoboye kandi mubikore neza natwe…