Kamonyi:Akayabo kimitungo ihwanye na 111.389.000 Frw katanzweho ingwate kugirango baburane badafunzwe murubanza CMB RDP0078-81/2023 rwa SRMC ku rupfu rwa Ndayizeye Jean de Dieu.

Iburanwa ry’urubanza  CMB RDP 0078-81/2023  Bitanye ba Mwana   mu “ Ikirego cy’ubushinjacyaha ruregwamo SRMC  ku rupfu rwa Ndayizeye Jean de Dieu  bajugunye umurambo we kugasi ka Bugoba ! Umurambo uharirwa Nshimiyimana Théophile aho parrain ya mwihakanye rugikubita,ndetse handikwa n’ibaruwa ivuguruza…

Kamonyi: Abaturrage121 batuye ahazakorwa umuhanda Gihara-Nkoto bakoranye inama y’igihango cy’Amajyambere n’akarere.

Munama yateranye kuri uyu wa kabiri 28:3/2023, mu Kagali ka Kabagesera abayobozi bakarere batandukanye,ndetse na Rwiyemezamilimo uzakora uwo Muhanda ariwe JV CRBC LTD & GEMT LTD izakurikirana imilimo akaba JV .BASE CO & R.D.C.C LTD. ikigikorwa kizamara amezi 18,umuhanda uri mu bwoko CHEAPSEAL. Inama yahuje…

Nyuma ya Rusesabagina hazaboneka Qatar ya kabiri? Kubanyarwanda batandukanye!

Inkuru ntikiri imbarirano,iteka no14/0 ryo kuwa 24 Werurwe ryashyizweho umukono na Perezida wa Repubulika ritanga imbabazi murubanza no 0060/CA rwo kuwa 4/ Mata 2022  riha  Paul  imbabazi akaba yasohotse muri gereza ya Mageragere nyuma y’amazi 31, ahagana saa yine zijoro aho yaramaze amezi 31 afunze, namashumi…

KAMONYI-Runda urubyiruko rwabakorerabushake bakomeje kwesa umuhigo mu musanzu wo kubaka igihugu.

  Urubyiruko rwabakorera bushake bo mu murenge wa RUNDA mu Kagali ka muganza.Bifatanyije na Sedo wa Kagali ka muganza. Bakoze umuganda wo kubakira akarima kigikoni no gusukura imbere yinzu nimpande zaho. Kumukecuru witwa MUKANKUNDIYE Vigitoria ufite imyaka 82. Wacitse kwicumu muri jenoside yakorewe abatutsi 1994.…

“Harmonization of Evidence-Based Forensic Science Practice in Africa- A Holistic Approach Towards a Safer Continent,”.

    “Harmonization of Evidence-Based Forensic Science Practice in Africa- A Holistic Approach Towards a Safer Continent,”.     The launch of African Society of Forensic Medicine International conference took place in Kigali City. Themed “Harmonization of Evidence-Based Forensic Science…

Abagiye inama Imana irabasanga!

Abagiye inama Imana irabasanga!   Mu Ukuboza 1987  umusaza Muramutsa amazina ye bwite akaba Kanyarushoki atanga igitekerezo agira ati “ iyo haricyo uharanira byitwa gukotana!” Ati “ubu muri Inkotanyi, izina ryemezwa rityo, bakomeza gukotana, batora abayobozi mu nzego zitandukamye, bashimangira amahame…

Kamonyi: SRMC yikuyeho umurambo wa Ndayizeye Jean de Dieu bawutwerera umuturage!

  SRMC yikuyeho umurambo wa Ndayizeye Jean de Dieu bawutwerera umuturage!       Mu rukerera rwo ku wa kane taliki ya 16/02/2023 I ruhande rw’ urugo rw’ umuturage hasanzwe umurambo w’ umusore witwa Ndayizeye Jean Don Dieu mwene Rumonde André na Nyirambarushimana Julienne, bivugwa…

East African youngest country’s President pardons 71 prison inmates.

 East African youngest country’s President pardons 71 prison inmates.     South Sudan President Salva Kiir pardons 71 inmates who were serving different sentences. In a decree read on the state-owned South Sudan Broadcasting Corporation, the national television, President Salva Kiir Mayardit pardoned 36…

Family based childcare has helped in the campaign against stigma and confinement of children living with disability.

Family based childcare has helped in the campaign against stigma and confinement of children living with disability.     Akimana Alphonsine of Muganza cell, Kigabiro village, Runda sector Kamonyi district is one of the parents who adopted a girl with cerebral palsy. She said, ” Adoption is a big commitment…

Kamonyi: Polisi y’u Rwanda yashyikirije inzu yubakiye umuryangowa Bikorimana Noheli ufite ubumuga bukomatanyije.

Kuri uyu wa gatanu, taliki ya 16 ukuboza 2022, mu murenge wa Rukoma, akagali ka Taba, umudugudu wa Nyirabihanya, habereye ibirori byo gutaha inzu yubakiwe umuryango wa Bikorimana Noheli ufite ubumuga bukomatanyije,iyi nzu ikaba yarubatswe  mu kwezi kwahariwe ibikorwa bya polisi y’u Rwanda akaba ari nayo…