U Rwanda rwasinyiye inguzanyo ya miliyoni 20$ yo gukwirakwiza amashanyarazi mu Karere ka Kamonyi.

 Ingo ibihumbi 30.000 biteganyijwe ko zizahabwa amashanyarazi,  muri gahunda y’Imyaka itatu. Ku  nguzanyo ya miliyoni makumyabiri zamadorali, u Rwanda rwasinyanye na Arabiya Sawudite. AKarere ka Kamonyi gafite muri rusange Ingo ibihumbi mirongo itandatu zikeneye kugezwaho amashanyarazi ugenekereje usanga Ingo…

Kamonyi: MRPIC Uruganda rutunganya umuceri rwa Mukunguli, rw’ibarutse MUMAF itunganya umusaruro w’Ibigoli.  

    Kuwa 6 kamena 2023 montjalinews yasuye Uruganda rutunganya umuceri rwa mukunguli MRPIC ikigo cy’ubucuruzi gifite TIN 102575232 kuva  kuwa 09 gashyantare 2012 ruherereye mu karere ka kamonyi- Mugina. inyubako z’uruganda ziherereye i Nyamiyaga  ariko rugahuza Mugina,na Kinazi n’uruganda rufite amateka…

“COOPRORIZ abahuzabikorwa ba Mukunguri”, igisubizo mu kwihaza mu biribwa n’iterambere risagurira amasoko!

“COOPRORIZ abahuzabikorwa ba Mukunguri”, igisubizo mu kwihaza mu biribwa n’iterambere  risagurira amasoko!     Koperative y’abahinzi b’umuceli n’abahuzabikorwa  bo mu karere ka kamonyi na Ruhango  ikorera  mu kibaya  gifite ha 700, mu Murenge wa Mugina, Nyamiyaga, Kinazi ya Ruhango kuva mu…

Rwanda: Hatangijwe umushinga wiswe ‘AGUKA’ nka gahunda izafasha urubyiruko guhanga imirimo ibihumbi 100 mu gihe cy’ imyaka ine.

Minisitiri w’urubyiruko Dr Abdallah Utumatwishima ati:”Ni umushinga munini ariko ukeneye igitekerezo ahanini. Urubyiruko rurasabwa kuzana ibitekerezo byabo byiza noneho abafatanyabikorwa bawo bose bagatanga umusanzu mu kubyagura no kubitera inkunga. Mushake ibyo mukora mushoboye kandi mubikore neza natwe…

Rwanda:Ibiza byahitanye abantu basaga 130 mu ntara y’iburengerazuba n’iy’amajyaruguru

Imvura idasanzwe yaguye mu ijoro ryo kuwa   kabiri rishyira uwa 3 taliki ya 3 ukwezi kwa gatanu 2023, yahitanye abasaga 130 abandi barakomereka, mu ntara y’iburengerazuba n’iy’amajyaruguru iyi mvura ikaba ariyo yambere mu Rwanda mu myaka ya vuba iteye Ibiza bigahitana benshi. Bamwe mu barokotse ibi…

Madamu Jeannette Kagame yagaragaje ko hari intambwe ishimishije u Rwanda rumaze gutera mu kurwanya Kanseri y’Inkondo y’Umura.

ku wa 5 Gicurasi, Nibwo Madame Jeannette Kagame yagarutse kuri iyi ngingo, ubwo yagezaga ijambo ku badamu b’Abakuru b’Ibihugu byo mu Muryango wa Commonwealth, bitabiriye umuhango wo kwimika Umwami w’u Bwongereza, Charles III. Yagaragaje ko imwe mu ngingo zaganiriweho n’abashakanye n’Abakuru b’Ibihugu…

Rwanda:Indwara zitandura nizo ziza ku mwanya wa mbere mu birimo guhitana Abanyarwanda.

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, avuga ko n’ubwo hari indwara nka Malariya zagabanutse ku kigero cyiza, ariko nanone indwara zitandura nk’umutima, kanseri na diyabete arizo zirimo guhitana Abanyarwanda benshi. Yabitangaje tariki ya 28 Gashyantare 2023, ubwo yatangaga ishusho y’uko ubuzima bwifashe,…

Kamonyi: Hagati y’intara y’amajyepfo   na Rwanda  Mining Board  ninde ufite igisubizo ku mutekano muke uterwa n’ibirombe  bitagira ibyangombwa byigabizwa n’umutwe w’abagizi ba nabi  bagahohotera abaturage !

    Kamonyi: Hagati y’intara y’amajyepfo   na Rwanda  Mining Board  ninde ufite igisubizo ku mutekano muke uterwa n’ibirombe bitagira ibyangombwa!                                                                                                        …