Malawi: Mother of gunshot victim calls out for help to be extended to her son!

It has been six years down the road since Djarudi Ngabonziza was shot by Cleophas Barajiginywa’s brother in law at his residence in Malawi on the fateful night of 8th July 2013. On top of the blood that was spilt in his house, Barajiginywa Cleophas alias Cyoha decided to breach the agreement to compensate the victim…

Umubyeyi wa Ngabonziza Djarudi aratabaza ngo abone kivurira!

Imyaka itandatu irashize Ngabonziza Djarudi arasiwe murugo rwa Barajiginywa Cléophas muri Malawi na musaza w’umugore we witwa Regis. Hari mu ijoro ryo kuwa 8 Nyakanga rishyira uwa 9 Nyakanga 2013, ubwo uyu musore yaraswaga na muramu wa Barajiginywa Cléophas alias Cyoha, yakurikijeho gusiribanga amasezerano, hejuru…

Turasaba ababyeyi kurangiza ishingano zabo kugira ngo bidufashe kwesa Imihigo twihaye mu ishuri rya E.A.V Mayaga!

EAV Mayaga n’ishuri ryisumbuye ryatangiye mu 1988 ryitwa APEMA (Association des Parents pour l’Education de Mayaga), ritangirira mu Mpinga ya Nyamiyaga ahitwa i Rwanika ubu hari inkambi yakira impunzi ya H.C.R mu cyahoze ari Komini Muyira muri Perefegitura ya Butare, ubu ni mu Karere ka Nyanza, Intara…

Prof Shyaka Anasthase ati “Ngira ngo ntawe uhisha uwo ahishaho, ariko tubivuge tubyatuye”!

“Ngira ngo ntawe uhisha uwo ahishaho,ariko tubivuge tubyatuye, hari iyo mico mibi y’abantu barimo gushinyagurira abavandimwe bacu bahuye n’ibi bibazo, ari ukuba barishe amategeko, ari no kuba bagezweho n’ibiza bagashaka kubikoresha babigira nk’ibintu bya politiki nk’aho bagiye kubigira ikibazo,ariko wajya…

Polisi y’u Rwanda yagaragaje ubushobozi n’Ubutabazi!

Mu mvura y’isuri yasambuye mbyinshi mu mugi wa Kigali no mu nkengero zawo, Polisi y’igihugu yaratabaye iyobora abagenzi n’imodoka kugirango ubuzima bwabo budahungabana, kubera imvura idasanzwe yaguye kuwa 25 Ukuboza 2019. Nkuko bigarukwaho n’umuvugizi wa polisi y’u Rwanda kuri uyu wa kabiri Ukuboza 2019…

U Rwanda na RDC barahiga gutsinda urugamba Uganda ihekenya amenyo!

Ubusanzwe abanyarwanda baca umugani ngo uguhiga ubutwari muratabarana, ibyo si imigani yavuba hashize ibinyejana byinshi, kandi ngo uguhima atiretse arakubwira ngo ngwino turwane, abashumba nabo bati iyi ni renga renga urenge nkumene, amagambo yashira ivuga bati reka turebe imbwa n’umugabo! Gen Ibingira Fred ubwo…

AGRUNI Ltd in Partnership with EXCHANGE and ECOWERF on Finding a long-term Solution for the Environment through Garbage Collecting And Recycling.

On 4th December 2019, a team of AGRUNI Ltd led by Ngenzi Shiraniro Jean Paul travelled to Belgium for a professional training on recycling garbage and environmental conservation with the use of modern technology as is done in the First World countries compared to Rwandan dumping grounds. Part of the agenda for AGRUNI…

Agruni Ltd kubufatanye na EXCHANGE na ECOWERF mu gushaka igisubizo kirambye mu gukusanya ku byaza umusaruro ibishingwe.

Kuva taliki ya 4 -14 Ukuboza 2019, itsinda ry’abakozi ba Agruni Ltd riyobowe na Ngenzi Shiraniro Jean Paul ryagiye mu gihugu cy’Ububiligi mu mahugurwa yo gutunganya kinyamwuga ibishingwe, no kubungabunga ibidukikije, hifashishijwe ikorana buhanga rigezweho, rikoreshwa mu bihugu byateye imbere aho usanga bo batagira…

Umunyabanga Mukuru wungirije wa RIB ati “Twemera ko guhabwa amakuru ari uburenganzira bwanyu kandi Twubaha abanyamakuru”

Atangira ikiganiro n’abanyamakuru ku bufatanye n’Urwego rw’abanyamakuru bigenzura RMC na Legal aid Forum {LAF) ku nsanganyamatsiko igira iti” Uruhare rw’Itangazamakuru mu gukumira no kurwanya ibyaha” Umunyamabanga Mukuru wungirije wa RIB Isabelle Karihangabo arikumwe n’abakozi bakuru b’urwego…