U Burusiya burateganya kohereza ibindi bikoresho bya gisirikare n’abatoza 60 bo gufasha abasirikare ba Centrafrique, mu guhangana n’imitwe yitwaje intwar U Burusiya bwatanze inkunga y’imbunda amagana n’abatoza 175 muri Centrafrique mu ntangiriro z’uyu mwaka, mu gufasha iki gihugu guhashya imitwe yitwaje…
Ibyaha biri kugenda byiyongera mu gihugu, bikongerera inkiko akazi ko kuburanisha imanza nyinshi zizinjiramo Mu itangizwa ry’Umwaka w’Ubucamanza wa 2018/2019, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Prof Sam Rugege, yabwiye Perezida wa Repubulika ko mu mwaka ushize hinjiye imanza nyinshi ugereranyije n’uwabanje.…
Umuhanzikazi Sheebah Karungi wo mu gihugu cya Uganda yatangaje ko mu myaka amaze mu muziki yakuye isomo rikomeye ku buryo yitwara ku rubyiniro, imyambarire ye n’ibindi byinshi bituma abantu batari bacye bavuga ko ari ‘indaya’. Ugbliz yanditse ko Sheebah yaje kumenya impamvu atukwa akitwa ‘indaya’ na…
Umukamo bawugemura ku makaragiro kugira ngo babone amafaranga yo gukemuza ibibazo bitandukanye byo mu muryango, bigatuma abana netse n’abakuru banywa amata mu mpera z’icyumweru gusa, kuko aribwo aho bagemura amata badakora. Mujawayezu Marie Rose, ni umugore uvuga ko we n’umugabo we boroye inka mu nkengero…
Kugira ubuzima bwiza buzira umuze guhera mu kugira isuku. Kugira isuku nabyo kujyana no gukaraba intoki, hakoreshejwe amazi meza n’isabune. Indwara zitandukanye abenshi barwara, zituruka ku gukoresha intoki zidakarabye neza, cyane cyane mu gihe bagiye gutegura no gufata amafunguro. Amabwiriza ya Minisiteri…
Nyakwigendera H.E Nelson LOLILO MANDELA YARATABARUTSE Intwali y’Ikirenga y’Afurika yepfo yaratabarutse Taliki ya 05 Ukuboza Ishyingurwa I Kunu kuri Gakondo taliki ya 15 Ukuboza 2013 . Isomo k’ubuzima bwa Nyakwigendera Nelson LOLILO Mandela Umunyapolitiki, w’umwunzi, umuhanga, umujyanama, umwalimu, impirimbanyi…
Bamwe mu bayobozi baba bihugiyeho aho gukora ibyo bashinzwe aho yanenze abiyandarika. Abayobozi basabwe kwirinda gutekinika no guhutaza abaturage ahanini bagamije inyungu zabo,ngo ntibyumvikana ukuntu ikintu kimwe cyaganirwaho imyaka irenze 5 kandi ntigikosorwe. Ruswa mu bucamanza na yo yagarutsweho, aho Professor Sam…
Polisi y’u Rwanda yongeye kugaragara ku mwanya wa mbere mu nzego zi-garagaramo ruswa cyane mu Rwanda ku kigero cya 6.3% hagendewe ku bushakashatsi bwakozwe na Transparency International Rwanda mu uyu mwaka 2015. Ingabire Marie Immaculée uyoboye Transparence Interna-tional Rwanda Yagize agize ati: “Ruswa…
Anastase Murekezi afite imyaka 62. Afite umugore 1 n’abana 2. Murekezi Anastase yari Minisitiri w‟umurimo n‟abakozi ba Leta kuva muri Werurwe 2008. Afite impamyabushobozi mu buhinzi (Ingénieur Agronome) yakuye mu gihugu cy‟u Bubiligi, akaba impuguke mu bijyanye no guteza imbere imibereho myiza y‟abaturage,…
Diamond Platnumz yahakanye ibivugwa ko yaba yaratangiye kwingingira Zari Hassan babanaga kumuha imbabazi, yemeza ko nubwo amaze iminsi akora ingendo muri Afurika y’Epfo aba yagiye guhura n’abana babyaranye gusa. Urukundo rw’aba bombi rwageze ku ndunduro ku wa 14 Gashyantare 2018, ku munsi wahariwe abakundana…