Abaturage bo mu kagali ka Rugimbu, Umurenge wa Kivuruga, akarere ka Gakenke bavuga ko bafite impungenge zo kuba amapoto bashingiwe bizeye ko bagiye guhabwa umuriro, agiye gusaza batarawubona kuko ngo amaze imyaka irenga ibiri ashinzwe. Iyo uganira nabo, babivuga nk’abatebya (batera urwenya) ariko ukumva babivugana…
Ikimoteri cya Nduba kigiye kwambika Ubusa Min. Claver Gatete kubera amabwiriza aha umujyi wa Kigali Amakuru agaragaza ko kugeza ubu umujyi wa Kigali wimye isosiyete y’abanayarwanda amasezerano nyuma y’ipiganwa ryakozwe n’amasosiyete atatu harimo iyo muri Afurika y’Epfo, Ibirwa bya Maurice na…
Maire Rwakazina Marie Chantal ahanzwe amaso mu gukemura ikibazo cy’ikimoteri cya Nduba Gasabo ahabarizwa ikimoteri cya Nduba mu murenge wa Nduba, Akarere ka Gasabo, umuryango wa Nyakwigendera Manirafasha Eulade w’imyaka 39, utuye mu kagali ka Mureremure, umudugugu wa Musezero, kuri uyu wa mbere tariki ya 07…
Ubwonko ni igice cy’urwungano rw’imyakura rworohereye cyane, rwangirika ubusa, kandi rushobora kwangizwa na byinshi. Ubwonko kandi ni rwo rugingo rusobetse cyane, ndetse ruruhije gusobanukirwa mu mikorere yarwo kuko bugizwe n’ingirangingo fatizo zigera kuri miliyari ijana(100.000.000.000). Kuva mu isamwa kugera…
Iyo Perezida w’Igihugu avuze bihinduka itegeko. Ati : “Ubwo ni muca amagare, bivuze ko tuzaca n’abantu bagendaga mu modoka, abantu bagendeshe amaguru.” Hari kuwa 18 Kanama 2014, ubwo yakiraga indahiro z’abagize Guverinoma, anenga icyemezo cyo guca amagare mu muhanda. Abanyonzi bongeye kuririra mu myotsi…
Urukumbuzi rwa Sekarama Naraye urukumbuzi runsaguka ku mutima Nti « Bucye nsange umugabo untunza, Tujye gutarama mu Ndinzi. Ndamukumbura sinsibire, Ngasa n’ imvura ikumbuye Igihugu; Ngasubiza iyo mu Mpungwe, Ngenda ay’ abasore, Ay’ abasaza nkayarorera ! Naterera i Karimba. Ngasanga umurimbo uvuna umushongore,…
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kinoni Uwamahoro Julienne yafashwe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha mu Rwanda (Rwanda Investigation Bureau) ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Ukuboza 2018, saa moya z’umugoroba yakira Ruswa, ingana n’ibihumbi Magana abiri (200,000frw) by’amafaranga y’u…
Mu buzima busanzwe bw’abanyarwanda dufite imyemerere, imyifatire, imivugire, imirire, imyambarire n’ibindi dukomora ku murage w’abasekuruza bacu bituranga nk’umuco, aho tugira indangagaciro na kirazira zawo, tutirengagije ko umuco aho uva ukagera ukura, ndetse ukanatanga umusanzu mu iterambere ry’igihugu.…
Ubuyobozi bw’ akarere ka Rubavu buratangaza ko abarwanyi barindwi bikekwa ko babarizwaga mu mutwe wa FDLR baraye barasiwe mu Murenge wa Busasamana uhana imbibi na Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo ubwo bashakaga kwinjira mu Rwanda mu ijoro ryo kuri iki cyumweru rishyira ku wa mbere, ahagana saa sita z’ijoro.…
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente kuri uyu wa Kabiri tariki ya 04 Ukuboza 2018, yagejeje ku Nteko (imitwe yombi) Raporo ikubiyemo gahunda ya Guverinoma ku byereke kubaka imihanda mu gihugu, ibyakozwe n’ibiteganywa gukorwa, anavuga ko Leta yiyemeje ko imihanda yose ya kaburimbo izubakwa mu myaka irindwi iri…