SIT IN A L’AMBASSADE DU RWANDA A KINSHASA par les mouvements citoyens

Suite aux propos tenus par l’ambassadeur du Rwanda à Kinshasa, son excellence Vincent Karega en rapport aux massacres qui se vissent à l’est de la RDC. L’ambassadeur semblait minimisait l’ampleur et le nombre de mort qui se passe dans les régions de l’est du Congo, ce qui n’a pas plu à certains…

shadow

Ubwiza nyaburanga uhereye ku musozi utuyeho ! Akarere ka Huye  ni kamwe mu turere dutandatu twunganira umujyi wa Kigali , kakaba kisangije amateka y’uburezi; ni ho hari igicumbi cy’ Uburezi, habarizwa kaminuza  4 ari zo Kaminuza y’u Rwanda Ishami rya Huye, IPRC South, CUR ( Catholic University of Rwanda) na…

shadow

Abanya Kigese aho avuka baramushaka ngo aze yitabe inkiko anishyure imitungo yasahuye, anagaragaze aho imirambo y’abatutsi bari mu Nkambi za Byumba yayoboraga yayishyize. Jean Vivien HABYARIMANA yavukiye mu Cyahoze ari Komini Runda, muri secteur Kigese , akaba mwene Habyalimana Augustin  (Hutu) na Nyina MUKANDUTIYE…

shadow

  Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Bugesera, umurenge wa Shyara, akagali ka Rutare bavuga ko kuba ahanini batakiganiriza abana babo ibirebana n’Umuco biterwa n’indimi z’amahanga abana bigishirizwa ku ishuri bataha guhuza ikiganiro bikagorana. Bavuga ko kera Umuco utaracika umwana yavaga ku ishuri agataha…

shadow

  Mbaje gushima Imana yaturinze twese mu bihe  bikomeye byatambutse itwigaragariza mu bihe nkibi tukibasha kuzamura amashimwe  n’ubu ikaba ikiturambuyeho ibiganza byayo kuko iri kuruhande rwacu. Bavandimwe nshuti nkunda,basangirangendo duhuriye mu mwuga w’itangazamakuru, mu nyemerere mbashimire mbikuye…

shadow

Kuri uyu wa 11 Kamena 2019 mu kagali kabagera umudugudu wa  Muhambara na Bwirabo bakiriye Maire w’Akarere ka Kamonyi Madamu Alice Kayitesi mu nama Rusange y’Abaturage isanzwe iterana buri wa kabiri iyo bakunze kwita bose babireba,aherekejwe n’abakozi b’Akarere .Umunyamabanga Nshingwa bikorwa…

shadow

Urubanza n’ifatwa rya Nsabimana Callixte alias Maj Sankara, wagejejwe imbere y’ubutabera agahita yemera ibyaha 16 aregwa n’ubushinjacyaha yahawe iminsi mirongo itatu (30 jrs) yigifungo muri Gereza, dore ko ugukanira ariwe umenya urugukwiye,ryashyize iherezo n’impaka ku bitero n’amatangazo byitiriwe Nyabimata…