Abasigajwe inyuma n’amateka bafite ubumuga baracyakorerwa ivangura

Bamwe mu basigajwe inyuma n’amateka bafite ubumuga batangaje ko hari ubwo bahohoterwa, akenshi babaziza uko bavutse, bityo bikabangamira uburenganzira bwabo harimo kudahabwa uko bikwiriye serivise z’ubutabera n’iz’ubuzima. Ibi babitangaje mu gihe isi iri mu kwezi kwahariwe kurwanya ihohoterwa…

Nyamyumba : Baratabaza ubuyobozi nyuma yo gusenyerwa amazu yabo batarishyurwa!

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyamyumba, akagari ka Busoro mu karere ka Rubavu baratabaza ubuyobozi nyuma y’uko amazu yabo asizwe mu manegeka nyuma yo gukora umuhanda ugana kuri gas methane. Ibi bibaye mugiye imvura idahwema kugwa ari nyinshi muri uyu murenge ikaba ishobora no gushyira mukaga ubuzima…

“Byabaye nko guhamagara nimero ya telefone ukaza gusanga wibeshye nimero wahamagaye!”

Perezida Kagame Paul Ati “Aho hari ikibazo agomba gusubiza.” “Abaturage muri Nyamagabe bicwa muri ariya mashyamba ya Nyungwe, ibitero bigaturuka mu Burundi, bikica abantu akabyiyitirira, akabyigamba akabivuga.” Ubwo yaganiraga n’abanyamakuru kuri Televiziyo na radio y’u Rwanda ku  kibazo cya perezida wa…

Coronavirus imungu mu banyarwanda! Abanyarwarwanda barasabwa gukaza ingamba zo kuyikumira!

  Icyorezo cya COVID-19 giterwa n’agakoko gashya ka coronavirus cyadutse mu mpera z’umwaka ushize wa 2019 gitangiririra mu mujyi wa Wuhan mu bushinwa,  ku wa 31 Mutarama 2020 nibwo ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS) ryatangaje ko COVID-19 ari icyorezo gihangayikishije isi yose.…

TransUnion Appoints Thabo Molefe as Strategic Africa Portfolio Lead

Global information and insights company TransUnion has announced Thabo Molefe as its new senior director for its African operations outside of South Africa as it looks to leverage its global capabilities and build its profile across the continent   Molefe, the former executive director for South Africa & Rest…