Perezida Kagame ati” Ingabo z’u Rwanda zifite amateka yihariye”

Bugesera mu ishuri rya Gisirikare I Gako , umugaba mukuru w’ingabo ubwo yakiraga indahiro z’intwazangabo 721 zirimo abakobwa 74 mu byiciro bitatu bitandukanye, aha yagarutse ku nshingano z’ingabo z’u Rwanda mu kubaka amateka yazo, abishimangira muri ayamagambo ati “Ingabo z’u Rwanda zifite amateka yihariye,…

Charles N. Lambert yatangije urugamba rwo kubaho bwa kabiri kwa Afurika

Umuyobozi w’intambara ya mbere y’ubukungu bw’Afurika igamije ukwigenga kwa Afurika mu bukungu Bwana Charles N. Lambert yatangije ibikorwa bigamije ukuvuka gushya kwa Afurika kuzwi kandi ku izina rya Afurika yongeye kubaho binyuze muri gahunda nshya y’ubukungu izwi nka Compassionate Capitalism Lambert avuga ko…

Bunyonga : Pasitoro Munyarugarama Emmanuel n’abagirwa be banyonze ubugabo bwa Manishimwe Antoine, agwa igicuri ku mukingo.

Inzira ndende, amarira n’ugutakamba kwa bamwe mu bavandimwe ba Manishimwe Antoine aka Maniri wanyonzwe ubugabo mu mpera za Mutarama 2021 akaba yaragejeje abanyamakuru bacu m’umudugudu wa Bunyonga, akagali ka Bunyonga, umurenge wa Karama mu Karere ka Kamonyi, ariho umushumba akekwa ko yashahuye umuto utagira…

“Waratowe nkuko natowe, tubwize ukuri uduhe n’igisubizo”

Iryamukuru ntirizinduka riba ryagiye kureba, kandi nk’uko mubizi Mont Jali News turangururira ahirengeye, ibyiza tukabishima, ibitagenze neza tukabigaya uwakoze amakosa bakamucyaha kuko wirukana umugore uhekenya igufwa ukazana urimira bunguri, urengana tugakora ubuvugizi, abo bireba bakarangiza inshingano zabo. Nyuma…

Kurwanya Covid19 ni ubufatanye bwanjye nawe aho dutuye!

Aho imbaraga zanjye zirangirira niho izawe zitangirira kugeza COVID19 ibaye amateka mu Rwanda n’Akarere rubarizwamo. Umunsi w’ejo w’intangiro ya guma murugo y’umujyi wa Kigali, ibyumweru bibiri bahawe byaberetse inshuti n’umukunzi, byereka inzego z’ubuyobozi ubwoba n’ubukene bw’Abanyarwanda ndetse…

Polisi y’ u Rwanda mu buzima bwa buri munsi bw’abaturarwanda!!!

Mu guharanira iterambere n’imibereho myiza y’abaturage mu mwaka wa 2020 polisi y’igihugu yagejeje ibikorwa bitandukanye ku baturage batuye mu Ntara y’Amajyepfo harimo Nyamagabe na Kamonyi, mu Ntara y’Iburengerazuba Rubavu bahawe amashanyarazi akomoka ku ngufu z’imirasire y’izuba, k’ubufatanye n’inzego…

Nyarurembo muri Kayumbu Ikigo Nderabuzima gihanzwe amaso n’abagituriye.

Akarere ka Kamonyi kubufatanye n’abikorera na koperative bateguye urugendo rwo kwereka itangazamakuru aho umwaka 2020 usize ubukungu n’iterambere bihagaze muri Kamonyi kuri uyu wa 31 Ukuboza 2020. Bwana Tuyiszere Thadée, Maire w’umusigire akaba ari nawe ushinzwe ubukungu hamwe n’uhagarariye PSF muri Kamonyi…

Abaturage ba Nyarubaka bati, “muri 2050 abana bacu bazaba bari muri paradizo kuko ubuyobozi budufasha kwiteza imbere.”

SACCO DUSIZE UBUKENE NYARUBAKA (SADUNYA) n’ikigo cy’imali cyatangiye ari koperative muri 2009 gifite abanyamuryango 519 n’imigabane fatizo miliyoni mirongo itanu 50,000,000 frw, bakoreshwa umukozi umwe. Cyemerwa n’ikigo cya RCA gihabwa ubuzima gatozi kugeza ubwo cyemererwa no gutanga inguzanyo na Banki Nkuru…

Kamonyi wambaye ikirezi cyera harimo ibuye rya Nyarubaka na zahabu ya Gihinga mu Ryabitana!

Iterambere rya Kamonyi mu by’ubukungu, ibyiza nyaburanga, ubuzima buzira umuze b’irinda COVID19 niyo mpamvu yatumye Akarere ka Kamonyi m’ubufatanye n’urugaga rw’Abikorera batumira itangazamakuru ngo ry’ihere ijisho aho bageze mu bikorwa nkuko babyiyemeje mu kivugo cyabo ngo n’Abesamihigo, koko imvugo…

Ihohoterwa rikorerwa abagore ntirikwiye kwamaganwa k’umunsi wabigenewe gusa.

Muri iki gihe kitoroshye isi ndetse n’u Rwanda rudasigaye birimo byo guhangana na Covid-19, bytumye imirimo imwe nimwe ihagarikwa,ahandi bagabanya abakozi mu bigo bitandukanye mu Rwanda,ibi bikaba byarakuruye ihohoterwa by’umwihariko mu miryango y’abakora umirimo itandukanye.   Mu gihe u Rwanda ndetse n’isi…