Abamotari bakorera umwuga wabo mu mujyi wa Kigali baravuga ko akenshi barenganywa bagahanirwa n’amakosa adakwiye kuko batayabona nk’ikosa cyangwa gukora ibinyuranyije n’itegeko. Bavuga ko hari ubwo uhanwa ngo utwaye umuntu ufite umuzigo, kandi wenda ako kantu atwaye kari gato ku buryo bitakubuza kumugeza iyo…









