shadow

Imiburu ni uduheri duto tuza mu bwanwa cyangwa ahandi hantu nyuma y’iminsi mike iyo umuntu yogoshwe cyangwa yiyogoshe akamaraho umusatsi cyangwa ubundi bwoya bitewe n’igice cy’umuburi yahisemo kogosha. Utu duheri dukunze kugaragara cyane cyane ku bagabo nko mu bwanwa, igice gihuriweho kandi kiri ahagaragarira…

shadow

Inzira yari inzitane “nafunzwe ndi umunyamakuru kandi ntashye ndi    umunyamakuru bisobanura ko ntacitse intege na gombaga gukomeza umwuga wanjye.Turabashimiye ko mwadufashe akaboko. Kuwa 25 Ugushyingo 2018 Mont Jali News imaze imyaka itanu isohoye numero ya mbere ,Ubuyobozi bwa Mont Jali News bufashe uyu mwanya…

shadow

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda Dr. Richard Sezibera atangaza ko Abanyarwanda bakwiye kumva ko bafitanye umubano mwiza n’ibihugu bitandukanye ahanini ngo uyu mubano ukaba ushingiye ku bintu bitatu aribyo ubufatanye, ubwumvikane n’ubwubahane. Ibi Dr. Sezibera yabitangarije mu…

shadow

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gakenke barinubira akarengane bavuga ko bakorerwa na Leta binyuze mucyo yise kubakorera amaterasi (Gutrasa, imvugo ikoreshwa n’aba baturage). Aba baturage bavuga ko baranduriwe imyaka kenshi yewe ngo bagerageza no kuvuga bagacecekeshwa. Bamwe mu baganiriye na montjalinews batifuje ko…

shadow

Inzego z’umutekano  Polisi ,ingabo,n’umurenge wa Runda, bamaze kugaragaza ubushake n’ubushobozi bwo guhashya  inzoga z’inkorano muri iki gitondo cyo kuwa 22 Ugushyingo 2018,m’umurenge wa Runda ,Akagali ka Ruyenzi m’umudugudu wa Nyagacaca,  m’urugo rw’umuvuzi gakondo Gerard Ndahayo hafatiwemo…

shadow

Abatekereza b’amateka, bakunze kuvuga ibigwi n’ibirindiro by’umwami Kigeli Rwabugili, abandi bagatangarira ubutwari bwe butagamburuzwaga n’ingeruza z’I shyanga bwatumye yoromya amahanga kakahava. Umwami Rwabugili yagize ibishya byinshi ku butegetsi bwe no mu mateka y’u Rwanda, ku buryo bugaragarira buri…

shadow

Umunyarwanda yarabirangije ati Ukurusha umugore aba akurusha urugo  mugihe ufite umugore w’ingeso nziza, umukozi, akamenya kubana n’abandi ufite kwihanga , mbese akaba intangarugero kuburyo buri wese amufataho icyitegererezo akavuga ati koko kanaka urugo rwe rufite umugore nyamugore, wubashye utanga inama nziza…

shadow

U Rwanda  rutanga ikizere ku mibereho myiza y’abaturage , nkuko bigaragara mu  ikiganiro  Dr Chris Murray yabwiye The lancet  ati “Hamwe turabona impinduka, ahandi ukabona ko rwose ibintu bidatirimuka, byose biterwa n’uko urwego rw’ubuzima rwubatse. Hari abashyiramo imbaraga, hari n’aho bitagenda uko…

shadow

ABE WORKOUTS ni ikipe y’abanyarwanda babiri bo mu Bufaransa rikora ibikorwa bijyanye na siporo ya Fitness&Musculation. Iryo tsinda rigizwe na HIRANA Clement, ushinzwe ibijyanye na siporo (athlete) hamwe na KAREKEZI Pierre umuhagarariye (manager). ABE WORKOUTS imaze imyaka ine ikora ibikorwa byayo ku mugabane…

shadow

Guinea, sierra Leone na RDC hakomejwe kuvugwa indwara ya Ebola kurubu yiganje mumajyaruguru ya Kivu(North Kivu) .Aho naherekeye kumupaka uhuza Congo na Uganda.Aho ni nko mugace ka Gisoro iherereye ku bilometero 162 uvuye mumajyaruguru  y’intara ya Kivu. Ibi bigashobora gutuma urujya nuruza rwabanyagihugu cya Congo…