shadow

Mu kigo cyagenewe gusubiza mu buzima busanzwe  abavuye ku rugerero (Rwanda Demobobilisation and Reintagration Program) kiri mu Murenge wa Gataraga, Akagali Rubindi, mu Karere ka Musanze hatangiye kwakirwa abahoze muri FDLR mu nkambi za Kisangani, Kanyabayonga na Walungu iherereye muri Kivu y’amajyaruguru,…

shadow

Abanyamabanga  cumi na babiri b’imirenge igize akarere ka Kamonyi bongeye kwiyemeza guhigura umuhigo w’ubwiherero bemeye nyuma y’amezi icumi babyemereye Mariya Roza Mureshyankwano wasinbuwe na Gasana Emmanuel uyoboye iyi ntara kugeza ubu, izi ntumwa 12 z’akarere mu mirenge zikaba zongeye guhiga ko bitarenze…

shadow

Abamotari bakorera umwuga wabo mu mujyi wa Kigali baravuga ko akenshi barenganywa bagahanirwa n’amakosa adakwiye  kuko batayabona nk’ikosa cyangwa gukora ibinyuranyije n’itegeko. Bavuga ko hari ubwo uhanwa ngo utwaye umuntu ufite umuzigo, kandi wenda ako kantu atwaye kari gato ku buryo bitakubuza kumugeza iyo…

shadow

Kuvamo kw’inda itaragera igihe cyo kuvuka (miscarriage) bishobora guterwa n’impamvu zitandukanye ahanini zishingiye ku mibereho y’umuntu ku giti cye cyangwa imitereren’imikorere y’umubiri we. Zimwe mu mpamvu zishobora gutera inda kuvamo, harimo nko kuba umwana uri mu nda atameze neza cyangwa se kuba…

shadow

Imiburu ni uduheri duto tuza mu bwanwa cyangwa ahandi hantu nyuma y’iminsi mike iyo umuntu yogoshwe cyangwa yiyogoshe akamaraho umusatsi cyangwa ubundi bwoya bitewe n’igice cy’umuburi yahisemo kogosha. Utu duheri dukunze kugaragara cyane cyane ku bagabo nko mu bwanwa, igice gihuriweho kandi kiri ahagaragarira…

shadow

Inzira yari inzitane “nafunzwe ndi umunyamakuru kandi ntashye ndi    umunyamakuru bisobanura ko ntacitse intege na gombaga gukomeza umwuga wanjye.Turabashimiye ko mwadufashe akaboko. Kuwa 25 Ugushyingo 2018 Mont Jali News imaze imyaka itanu isohoye numero ya mbere ,Ubuyobozi bwa Mont Jali News bufashe uyu mwanya…

shadow

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda Dr. Richard Sezibera atangaza ko Abanyarwanda bakwiye kumva ko bafitanye umubano mwiza n’ibihugu bitandukanye ahanini ngo uyu mubano ukaba ushingiye ku bintu bitatu aribyo ubufatanye, ubwumvikane n’ubwubahane. Ibi Dr. Sezibera yabitangarije mu…

shadow

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gakenke barinubira akarengane bavuga ko bakorerwa na Leta binyuze mucyo yise kubakorera amaterasi (Gutrasa, imvugo ikoreshwa n’aba baturage). Aba baturage bavuga ko baranduriwe imyaka kenshi yewe ngo bagerageza no kuvuga bagacecekeshwa. Bamwe mu baganiriye na montjalinews batifuje ko…