Ubushinjacyaha Bukuru bwahanaguye imanza zidafite ibimenyetso, Kanda Hano Urebe Icyemezo https://www.montjalinews.net/wp-content/uploads/2018/10/ICYEMEZO.pdf
Ubushinjacyaha Bukuru bwahanaguye imanza zidafite ibimenyetso, Kanda Hano Urebe Icyemezo https://www.montjalinews.net/wp-content/uploads/2018/10/ICYEMEZO.pdf
Col Epimake Ruhashya yavutse 1939 atabaruka kuya 5 Gashyantare 2010,imilimo ye yanyuma yakoze yari umujyanama waa Minisitiri w’Intebe,agatabo ke ka Rucunshu yanditse ku mateka yaranze ingoma ya cyami kuva 1895.dukomeje ku bagezaho ibikubiyemo U Rwanda rwarayenze, Amakimbirane yaravutse, Biyambaza indagu,Bashakisha mu…
Holland Green Tech ni Company y’abikorera ,ikorera Kicuciro KK 515 st 6 itanga service zitandukanye zijyanye n’ubuhinzi harimo imirama y’imboga zindobanure , gupima ubutaka ,uburyo bwo kurwanya ibyonywi, uburyo bwo kuhira bugezweho buzwi nka Drip system, kubaka greenhouse, kandi bagatanga amahugurwa kuri…
Abanyarwanda bakora siporo zinyuranye uwo ni Agasaro Mbabazi Sandra ni mwene Uwimbabazi Yussuff na Mukakalisa Placide ,avuka muntara ya majyepfo,akarere ka kamonyi ,Umurenge wa Runda , akagali ka Kabagesera , umudugudu wa Rubuye, ni umwe mubakobwa babimburiye abandi muri siporo yo gutwara amagare .
Nzeli 2018 yamubere inzozi bakibaza bati yasekaga yishimye ! yasekeraga ku musonga, agashinyiriza kandi ashira! Iki gisubizo yagitanga cyangwa kigasubizwa n’abandi!. Umunsi w’amateka mu buzima bwa Victoire ubwo yongeye kugaruka m’umurwa wa Kigali, yongeye kwakirwa, ashagarwa ndetse avugisha benshi batari…
Itegeko nshinga rya repubulika y’u Rwanda, riha Umukuru w’Igihugu gutanga imbabazi,rikwiye kuvugururwa rigatanga ububasha busesuye ku genewe gutanga izo mbabazi zivugwa, mu byukuri hashingiwe kubyo riteganya mu bishingirwa ho ngo umugorowa ahabwe imbababazi byiza byo gushimwa kuko rigabanya ubucucike mu magereza…
bikwibutsa iki ! bikwigisha iki!
Cécile Kayirebwa ni umuvukarwanda wa mbere werekanyeko umuziki utazanywe mu Rwanda n’abazungu. Yamenyekanishije ubwiza bw’umuziki gakondo w’u Rwanda mu mahanga kandi kugeza n’ubu ntawe uramuhiga, Ariganwa ariko ntarashyikirwa. Cécile Kayirebwa yavutse muri 1946 I Kigali Kuri iki gihe,abantu bari babayeho…
Inararibonye muri muzika nyarwanda, akaba mu bantu bakunzwe kuva cyera kubera ibihangano bye byuzuye ubuhanga mu njyana n’ubutumwa; Byumvuhore Jean Baptiste azagaragara.
Muri Kigali hagiye kubera igitaramo cyo gutabariza Uwitonze Hosiane ufite uburwayi bukomeye yatewe n’impanuka yakoze mu myaka 5 ishize. Kuva akoze impanuka kugeza ubu ntabasha kugenda dore ko agendera mu kagare. Icyakora hari icyizere ko agiye kwivuriza mu Buhinde yakira. Igitaramo cyo gufasha Uwitonze Hosiane…