shadow

Muri Kigali hagiye kubera igitaramo cyo gutabariza Uwitonze Hosiane ufite uburwayi bukomeye yatewe n’impanuka yakoze mu myaka 5 ishize. Kuva akoze impanuka kugeza ubu ntabasha kugenda dore ko agendera mu kagare. Icyakora hari icyizere ko agiye kwivuriza mu Buhinde yakira. Igitaramo cyo gufasha Uwitonze Hosiane…

shadow

Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU, yagize Raila Odinga utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya, Intumwa yihariye y’uyu muryango ishinzwe gukurikirana iterambere ry’ibikorwaremezo muri Afurika. Mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatandatu, Perezida wa Komisiyo ya AU, Moussa Faki Mahamat, yavuze ko ibi…

shadow

Arabie Saoudite yemeje ko umunyamakuru Jamal Khashoggi, yaguye mu bushyamirane n’abayobozi mu nyubako y’uwari uhagarariye iki gihugu iri Istanbul muri Turukiya, ubu wamaze guhamagazwa i Riyadh. Iki gihugu kibitangaje nyuma y’iminsi 18 uyu mugabo wari usanzwe ari umunyamakuru wa Washington Post aburiwe irengero.…

shadow

Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yemerewe n’ubuyobozi bwa Stade ya Namboole kuyikoreramo igitaramo mu kwezi gutaha, ariko ashyirirwaho amabwiriza agomba kugaragaza niba yemera kuyubahiriza. Iki gitaramo cyiswe ‘Kyarenga’ mbere cyari kubera ahitwa Busabala Beach biza guhindurwa n’abajyanama ba Bobi…

shadow

U Rwanda ni igihugu cyamye igifite umuco uganje wo gushakira igihugu imbuto n’amaboko, uwo muco wubaka u Rwanda kuva mu ntango kugeza magingo aya. Ni muri ubwo buryo Ingoma z’imisango zizwi mu gususurutsa ibirori mu Rwanda no mu mahanga nk’umwihariko zageze mu Rwanda. Ukurikije ibirari by’amateka y’ingoma,…

shadow

Ku wa 22 Nyakanga 2018 nibwo hamenyekanye inkuru y’incamugongo ko uwari umutoza w’ikipe y’abakinnyi b’amagare, Les Amis Sportif, Rugambwa Jean Baptiste, yakoze impanuka agahita yitaba Imana, avuye mu Karere ka Rubavu mu myiteguro ya Tour du Rwanda 2018. Uyu mugabo wafatwaga nk’umubyeyi wa benshi muri iyi kipe…

shadow

Icyogajuru BepiColombo cyoherejwe mu bushakashatsi ku mubumbe wa Mercure, urugendo rwa kilometero miliyari zirinzdwi rwitezweho kuzafata imyaka irindwi. BepiColombo yoherejwe mu kirere iturutse muri Amerika y’Epfo, yitwaje ibikoresho bibiri bizwi nka “sondes’ birimo icyakorewe mu Kigo gishinzwe ibirebana…