shadow

Itegeko nshinga rya repubulika y’u Rwanda, riha Umukuru w’Igihugu gutanga imbabazi,rikwiye kuvugururwa rigatanga ububasha busesuye  ku genewe gutanga izo mbabazi zivugwa, mu byukuri hashingiwe kubyo riteganya mu bishingirwa ho ngo umugorowa ahabwe imbababazi byiza byo gushimwa kuko rigabanya ubucucike mu magereza…

shadow

Muri Kigali hagiye kubera igitaramo cyo gutabariza Uwitonze Hosiane ufite uburwayi bukomeye yatewe n’impanuka yakoze mu myaka 5 ishize. Kuva akoze impanuka kugeza ubu ntabasha kugenda dore ko agendera mu kagare. Icyakora hari icyizere ko agiye kwivuriza mu Buhinde yakira. Igitaramo cyo gufasha Uwitonze Hosiane…

shadow

Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU, yagize Raila Odinga utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya, Intumwa yihariye y’uyu muryango ishinzwe gukurikirana iterambere ry’ibikorwaremezo muri Afurika. Mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatandatu, Perezida wa Komisiyo ya AU, Moussa Faki Mahamat, yavuze ko ibi…

shadow

Arabie Saoudite yemeje ko umunyamakuru Jamal Khashoggi, yaguye mu bushyamirane n’abayobozi mu nyubako y’uwari uhagarariye iki gihugu iri Istanbul muri Turukiya, ubu wamaze guhamagazwa i Riyadh. Iki gihugu kibitangaje nyuma y’iminsi 18 uyu mugabo wari usanzwe ari umunyamakuru wa Washington Post aburiwe irengero.…