Mutuyimana Francois  ikorosi ryateje impaka  n’urwikekwe !

  Amakuru aturuka ahantu hizewe yemeza ko ikibazo cyaremerejwe n’amarangamutima ,ntakibazo cyaburirwa igisubizo,amabwiriza aba agomba kubahirizwa nubwo tutabyakira kimwe. ibaruwa yo  kuwa 14/7/2025 /kuri 25/7/2025 yahinduye byinshi kumishinga ikorerwa ku muhanda kigali-Muhanga. ri 14/7/2025 na 25/7/2025 za…

Kamonyi – Rukoma : RIB yasobanuriye abaturage, amategeko n’ibihano kubakoresha ibiyobyabwenge n’abangiza ibidukikije!

  Kamonyi – Rukoma : RIB yasobanuriye abaturage, amategeko n’ibihano kubakoresha ibiyobyabwenge n’abangiza ibidukikije!   Mu murenge wa Rukoma hateraniye abaturage basaga 1500 baturutse mu tugari dutandukanye  mu kiganiro cyateguwe n’urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha cyahawe…

U Rwanda rwasinyiye inguzanyo ya miliyoni 20$ yo gukwirakwiza amashanyarazi mu Karere ka Kamonyi.

 Ingo ibihumbi 30.000 biteganyijwe ko zizahabwa amashanyarazi,  muri gahunda y’Imyaka itatu. Ku  nguzanyo ya miliyoni makumyabiri zamadorali, u Rwanda rwasinyanye na Arabiya Sawudite. AKarere ka Kamonyi gafite muri rusange Ingo ibihumbi mirongo itandatu zikeneye kugezwaho amashanyarazi ugenekereje usanga Ingo…

Kamonyi: MRPIC Uruganda rutunganya umuceri rwa Mukunguli, rw’ibarutse MUMAF itunganya umusaruro w’Ibigoli.  

    Kuwa 6 kamena 2023 montjalinews yasuye Uruganda rutunganya umuceri rwa mukunguli MRPIC ikigo cy’ubucuruzi gifite TIN 102575232 kuva  kuwa 09 gashyantare 2012 ruherereye mu karere ka kamonyi- Mugina. inyubako z’uruganda ziherereye i Nyamiyaga  ariko rugahuza Mugina,na Kinazi n’uruganda rufite amateka…

“COOPRORIZ abahuzabikorwa ba Mukunguri”, igisubizo mu kwihaza mu biribwa n’iterambere risagurira amasoko!

“COOPRORIZ abahuzabikorwa ba Mukunguri”, igisubizo mu kwihaza mu biribwa n’iterambere  risagurira amasoko!     Koperative y’abahinzi b’umuceli n’abahuzabikorwa  bo mu karere ka kamonyi na Ruhango  ikorera  mu kibaya  gifite ha 700, mu Murenge wa Mugina, Nyamiyaga, Kinazi ya Ruhango kuva mu…

Abagiye inama Imana irabasanga!

Abagiye inama Imana irabasanga!   Mu Ukuboza 1987  umusaza Muramutsa amazina ye bwite akaba Kanyarushoki atanga igitekerezo agira ati “ iyo haricyo uharanira byitwa gukotana!” Ati “ubu muri Inkotanyi, izina ryemezwa rityo, bakomeza gukotana, batora abayobozi mu nzego zitandukamye, bashimangira amahame…

Kamonyi: SRMC yikuyeho umurambo wa Ndayizeye Jean de Dieu bawutwerera umuturage!

  SRMC yikuyeho umurambo wa Ndayizeye Jean de Dieu bawutwerera umuturage!       Mu rukerera rwo ku wa kane taliki ya 16/02/2023 I ruhande rw’ urugo rw’ umuturage hasanzwe umurambo w’ umusore witwa Ndayizeye Jean Don Dieu mwene Rumonde André na Nyirambarushimana Julienne, bivugwa…

Runda : Uzziel Niyongira Umuyobozi w’Akarere ka kamonyi wungirije Ushinzwe Ubukungu Ati “ Nimutekereze kuri Site y’Icyerekezo muri 2050”

Runda : Uzziel Niyongira Umuyobozi w’Akarere ka kamonyi wungirije Ushinzwe Ubukungu Ati “Nimutekereze kuri Site y’Icyerekezo muri 2050..” Kuwa 22 Nyakanga 2022 Umuyobozi w’akarere ka kamonyi wungirije Ushinzwe  Ubukungu ari kumwe n’abagize komisiyo y’ubukungu  y’Akarere ka Kamonyi iyobowe na …

Abagore mu iterambere batangiye batanga umusanzu w’amafaranga maganatatu(300frw) ubu bakaba bariyubakiye isoko!

Abagore mu iterambere batangiye batanga umusanzu w’amafaranga maganatatu(300frw) ubu bakaba bariyubakiye isoko! KOABIMINYA ni koperative y’abacuruzi b’imyaka ba Nyamiyaga ikora mubuhinzi n’ubworozi, ikaba igizwe n’abanyamuryango 80 (abagore 75 n’abagabo 5) yaratangiye mu mwaka wa 1995 batangirira mu…

shadow

Kuri uyu wa 11 Kamena 2019 mu kagali kabagera umudugudu wa  Muhambara na Bwirabo bakiriye Maire w’Akarere ka Kamonyi Madamu Alice Kayitesi mu nama Rusange y’Abaturage isanzwe iterana buri wa kabiri iyo bakunze kwita bose babireba,aherekejwe n’abakozi b’Akarere .Umunyamabanga Nshingwa bikorwa…