shadow

Umunyarwanda yarabirangije ati Ukurusha umugore aba akurusha urugo  mugihe ufite umugore w’ingeso nziza, umukozi, akamenya kubana n’abandi ufite kwihanga , mbese akaba intangarugero kuburyo buri wese amufataho icyitegererezo akavuga ati koko kanaka urugo rwe rufite umugore nyamugore, wubashye utanga inama nziza…

shadow

U Rwanda  rutanga ikizere ku mibereho myiza y’abaturage , nkuko bigaragara mu  ikiganiro  Dr Chris Murray yabwiye The lancet  ati “Hamwe turabona impinduka, ahandi ukabona ko rwose ibintu bidatirimuka, byose biterwa n’uko urwego rw’ubuzima rwubatse. Hari abashyiramo imbaraga, hari n’aho bitagenda uko…

shadow

ABE WORKOUTS ni ikipe y’abanyarwanda babiri bo mu Bufaransa rikora ibikorwa bijyanye na siporo ya Fitness&Musculation. Iryo tsinda rigizwe na HIRANA Clement, ushinzwe ibijyanye na siporo (athlete) hamwe na KAREKEZI Pierre umuhagarariye (manager). ABE WORKOUTS imaze imyaka ine ikora ibikorwa byayo ku mugabane…

shadow

Guinea, sierra Leone na RDC hakomejwe kuvugwa indwara ya Ebola kurubu yiganje mumajyaruguru ya Kivu(North Kivu) .Aho naherekeye kumupaka uhuza Congo na Uganda.Aho ni nko mugace ka Gisoro iherereye ku bilometero 162 uvuye mumajyaruguru  y’intara ya Kivu. Ibi bigashobora gutuma urujya nuruza rwabanyagihugu cya Congo…

shadow

Nyagatare cumi na babiri   ku Nshuro ya  gatatu  muri gereza y’abana bitabiriye ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza 2017-2018 Mu gihugu hose hateganyijwe ibizamini bisoza umwaka w’amashuri 2017-mu banyeshuri bakoze ikizamini harimo abana bafungiye muri Gereza juvenile prison akaba ari ikiciro cya gatatu,…

shadow

Martine Moïse, umugore wa Perezida wa Haïti     (Photo Internet mu ikoti ry’ubururu),   Martine Moïse, umugore wa Perezida wa Haïti  n’umwe mu baje mu nama yo kuboneza urubyaro, yatangiye ku wa 12 ikazasozwa kuya 15 Ugushyingo 2018, Madamu Martine yageze ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali…

shadow

Umunyamuziki akaba n’ umunyapolitiki Depite Bobi Wine, Nyuama yigihe havugwa ku igitaramo yise ‘Kyarenga Concert’ cyahawe umugisha n’igipolisi cya Uganda.  ariko inavuga  ko ku munsi w’igitaramo, izakaza uburinzi . Ku wa Gatatu w’iki cyumweru ni bwo Bobi Wine yabonye igisubizo cy’umukuru wa Polisi,…

shadow

kuri uyu wa Gatatu tariki 31 Ukwakira 2018,  Madamu Jeannette Kagame yagaragaje ko ejo hazaza ha Afurika hazashingira ku ngamba zikomeye zigamije guhashya ruswa mu nzego zose. Yabitangaje, ubwo yatangizaga Inama y’iminsi ibiri yateguwe n’Inteko Ishinga Amategeko Nyafurika ku Burenganzira bw’Abagore igamije…

shadow

Abatwaye ibinyabiziga ntiborohereza abafite ubumuga bwo kutabona  kwambuka imihanda bitwaje Inkoni Yera. Abafite ubumuga bwo kutabona bateraniye mu Karere ka Gisagara umurenge wa Ndora bizihiza umunsi mpuzamahanga w’Inkoni Yera ukaba umunsi ngaruka mwaka ku nshuro ya cumi mu Rwanda,Umunsi utegurwa.n’Umuryango…

shadow

Madame Nirere Madeleine  yagejeje raporo imbere y’Inteko Ishinga Amategeko ivuga ku bikorwa byayo yatangaje ko yasanze hari ubucukike bw’imfungwa n’abagororwa mu magereza yo mu  Rwanda by’umwihariko nk’iya Rwamagana basanze yuzuye ku kigero cya 244% ugereranyije n’ubushobozi bw’abo ikwiriye kwakira.…