shadow

Nyagatare cumi na babiri   ku Nshuro ya  gatatu  muri gereza y’abana bitabiriye ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza 2017-2018 Mu gihugu hose hateganyijwe ibizamini bisoza umwaka w’amashuri 2017-mu banyeshuri bakoze ikizamini harimo abana bafungiye muri Gereza juvenile prison akaba ari ikiciro cya gatatu,…

shadow

Martine Moïse, umugore wa Perezida wa Haïti     (Photo Internet mu ikoti ry’ubururu),   Martine Moïse, umugore wa Perezida wa Haïti  n’umwe mu baje mu nama yo kuboneza urubyaro, yatangiye ku wa 12 ikazasozwa kuya 15 Ugushyingo 2018, Madamu Martine yageze ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali…

shadow

Umunyamuziki akaba n’ umunyapolitiki Depite Bobi Wine, Nyuama yigihe havugwa ku igitaramo yise ‘Kyarenga Concert’ cyahawe umugisha n’igipolisi cya Uganda.  ariko inavuga  ko ku munsi w’igitaramo, izakaza uburinzi . Ku wa Gatatu w’iki cyumweru ni bwo Bobi Wine yabonye igisubizo cy’umukuru wa Polisi,…

shadow

kuri uyu wa Gatatu tariki 31 Ukwakira 2018,  Madamu Jeannette Kagame yagaragaje ko ejo hazaza ha Afurika hazashingira ku ngamba zikomeye zigamije guhashya ruswa mu nzego zose. Yabitangaje, ubwo yatangizaga Inama y’iminsi ibiri yateguwe n’Inteko Ishinga Amategeko Nyafurika ku Burenganzira bw’Abagore igamije…

shadow

Abatwaye ibinyabiziga ntiborohereza abafite ubumuga bwo kutabona  kwambuka imihanda bitwaje Inkoni Yera. Abafite ubumuga bwo kutabona bateraniye mu Karere ka Gisagara umurenge wa Ndora bizihiza umunsi mpuzamahanga w’Inkoni Yera ukaba umunsi ngaruka mwaka ku nshuro ya cumi mu Rwanda,Umunsi utegurwa.n’Umuryango…

shadow

Madame Nirere Madeleine  yagejeje raporo imbere y’Inteko Ishinga Amategeko ivuga ku bikorwa byayo yatangaje ko yasanze hari ubucukike bw’imfungwa n’abagororwa mu magereza yo mu  Rwanda by’umwihariko nk’iya Rwamagana basanze yuzuye ku kigero cya 244% ugereranyije n’ubushobozi bw’abo ikwiriye kwakira.…

shadow

Noble Marara,yashinze RRM ayirukanwamo n’abandi ba fondateur batatu aribo,Andre Kazigaba, na Camile Nkurunziza bigaragaza ko .urwishe ya nka rukiyirimo, umurilimbyi ati “Afurika warababaye,Afurika warakubititse,mu mashuri no mu milimo haba ironda ry’akarere none mu mashyaka birabakurikiranye .” Kwi kubitiro…

shadow

Guverineri Emmanuel Gasana yitegereje  Amasaro atatse iyi nkoni asanga   arusha uburebure ibibazo biri mu Ntara agiye kuyobora! Intara y’Amajyepfo yakiriye Guverineri  Emmanuel Gasana, akaba ugira gatanu  mu bayobozi  bayo ,mu muhango wo ku mwakira wabereye ku Kicaro cy’Intara y’amajyepfo, ahari hateraniye…

shadow

Imyaka isaga 130 irashize ku ikubitiro irushanwa ry,umupira wamaguru ribayeho (english football league)hari nandi yavuste nyuma yahinduye isura bitewe naho isi igeze, urebye nko   kunkweto, imyenda , imipira bakina  ,ibibuga bakiniraho  amategeko abagenga  nibindi… bitandukanye byagiye bihinduka bigashyirwa…