shadow

Kuri uyu wa Gatatu Perezida Museveni yarahiriye kongera kuyobora Uganda ku nshuro ya karindwi. Abantu barenga 4000 nibo bitabiriye ibirori byo kurahira kwa Perezida Yoweri Museveni byabereye mu murwa mukuru wa Uganda, Kampala ahitwa Kololo. Ni umuhango witabiriwe n’abakuru b’ibihugu by’ Afurika batari bake…

shadow

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yakoze impinduka mu myanya itandukanye mu gisirikare, aho bamwe bazamuwe mu ntera, abandi bahabwa imyanya yiganjemo iy’ushinzwe ibikorwa bya gisirikare muri Ambasade z’u Rwanda zitandukanye. Mu mpinduka zatangajwe mu itangazo…

shadow

Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza, ari muri Tanzania mu ruzinduko rw’akazi aho yahuye na mugenzi we uyobora Polisi yo muri icyo gihugu IGP Simon Nyakoro Sirro banagirana ibiganiro. Uru uruzinduko rwari rugamije gukomeza gushimangira imikoranire isanzwe hagati ya Polisi z’ibihugu byombi kuko kuva mu…

shadow

Muri iki gitondo cyo kuwa 29 Mata 2021, mu karere ka Rutsiro mu ntara y’Iburasirazuba uwitwa Uwimana Jean Pierre yagize impfubyi abana be ubwo yakubitaga umugore we umwase mu mutwe. Aho atuye murenge wa Murunda mu Karere ka Rutsiro , mu kumenya icyatumye uyu mugabo yivugana umugore , Ikinyamakuru Mont Jali News…

shadow

Munyenyezi Béatrice uherutse kugezwa mu Rwanda avuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’umukazana wa Nyiramasuhuko Pauline wakatiwe n’urukiko rwa Arusha,akaba umugore wa mbere waburanishijwe na TPIR ,yitabye Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kugira ngo atangire kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku…

shadow

Umuyobozi wa Polisi mu ntara y’Amajyepho n’ukuriye polisi mu karere ka Huye batawe muri yombi bakurikiranyweho guhishira Jenerali Fred Ibingira warenze ku mabwiriza yo kurwanya covid 19. Abo ni CSP Francis Muheto, ukuriye Polisi mu Majyepfo na SSP Gaston Karagire ukuriye Polisi mu Karere ka Huye nk’uko byemezwa…

shadow

Iminsi irashira indi igataha bamwe bifuza gusubira mu bihugu baturutsemo bahunga amahoro make none batangiye kwiyahurira ishyanga kubera inzara ibageze kubuce ,mu nkambi zitandukanye zo mu Rwanda barataka abana bakarira bakabura gihoza kuko n’ababyeyi babo baniha badafite uwo babwira bitewe nuko HCR irimo kubasonga…