shadow

Shampiyona ya Baskeball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiranye ugutungurwa kuri LeBron James wakinaga umukino we wa mbere muri LA Lakers nyuma yo kuyijyamo avuye muri Cleveland Cavaliers. Los Angeles Lakers ni imwe mu makipe ahabwa amahirwe uyu mwaka yo kuba yakwegukana NBA cyangwa ikabasha guhangana na Golden…

shadow

Ibyaha biri kugenda byiyongera mu gihugu, bikongerera inkiko akazi ko kuburanisha imanza nyinshi zizinjiramo Mu itangizwa ry’Umwaka w’Ubucamanza wa 2018/2019, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Prof Sam Rugege, yabwiye Perezida wa Repubulika ko mu mwaka ushize hinjiye imanza nyinshi ugereranyije n’uwabanje.…

shadow

Kugira ubuzima bwiza buzira umuze guhera mu kugira isuku. Kugira isuku nabyo kujyana no gukaraba intoki, hakoreshejwe amazi meza n’isabune. Indwara zitandukanye abenshi barwara, zituruka ku gukoresha intoki zidakarabye neza, cyane cyane mu gihe bagiye gutegura no gufata amafunguro. Amabwiriza ya Minisiteri…

shadow

Nyakwigendera H.E Nelson LOLILO MANDELA YARATABARUTSE Intwali y’Ikirenga y’Afurika yepfo yaratabarutse Taliki ya 05 Ukuboza Ishyingurwa I Kunu kuri Gakondo taliki ya 15 Ukuboza 2013 . Isomo k’ubuzima bwa Nyakwigendera Nelson LOLILO Mandela Umunyapolitiki, w’umwunzi, umuhanga, umujyanama, umwalimu, impirimbanyi…