shadow

Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yemerewe n’ubuyobozi bwa Stade ya Namboole kuyikoreramo igitaramo mu kwezi gutaha, ariko ashyirirwaho amabwiriza agomba kugaragaza niba yemera kuyubahiriza. Iki gitaramo cyiswe ‘Kyarenga’ mbere cyari kubera ahitwa Busabala Beach biza guhindurwa n’abajyanama ba Bobi…

shadow

U Rwanda ni igihugu cyamye igifite umuco uganje wo gushakira igihugu imbuto n’amaboko, uwo muco wubaka u Rwanda kuva mu ntango kugeza magingo aya. Ni muri ubwo buryo Ingoma z’imisango zizwi mu gususurutsa ibirori mu Rwanda no mu mahanga nk’umwihariko zageze mu Rwanda. Ukurikije ibirari by’amateka y’ingoma,…

shadow

Ku wa 22 Nyakanga 2018 nibwo hamenyekanye inkuru y’incamugongo ko uwari umutoza w’ikipe y’abakinnyi b’amagare, Les Amis Sportif, Rugambwa Jean Baptiste, yakoze impanuka agahita yitaba Imana, avuye mu Karere ka Rubavu mu myiteguro ya Tour du Rwanda 2018. Uyu mugabo wafatwaga nk’umubyeyi wa benshi muri iyi kipe…

shadow

Icyogajuru BepiColombo cyoherejwe mu bushakashatsi ku mubumbe wa Mercure, urugendo rwa kilometero miliyari zirinzdwi rwitezweho kuzafata imyaka irindwi. BepiColombo yoherejwe mu kirere iturutse muri Amerika y’Epfo, yitwaje ibikoresho bibiri bizwi nka “sondes’ birimo icyakorewe mu Kigo gishinzwe ibirebana…

shadow

Mu 1995 nibwo Mukamurangwa Sebera Henriette yinjiye mu Nteko Ishinga Amategeko, umutwe w’abadepite, mu bihe byari bigoye kuko byari nyuma y’amezi make Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe. By’umwihariko byari ibihe bikomeye kuri Mukamurangwa wari umaze kwicirwa abe muri Jenoside barimo umugabo, ndetse no ku…

shadow

Shampiyona ya Baskeball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiranye ugutungurwa kuri LeBron James wakinaga umukino we wa mbere muri LA Lakers nyuma yo kuyijyamo avuye muri Cleveland Cavaliers. Los Angeles Lakers ni imwe mu makipe ahabwa amahirwe uyu mwaka yo kuba yakwegukana NBA cyangwa ikabasha guhangana na Golden…

shadow

Isi ihagurukiye kurwanya indwara zitandukanye zikomeye zifite ibizitera bitandukanye, ariko hari izindi zirengagizwa kandi nazo zifite ingaruka nyinshi zirimo guhitana ubuzima bw’abantu. U Rwanda rwamaze kurandura burundu zimwe muri zo, izindi nazo ziri mu nzira yo gucika mu Rwanda. Inama ya mbere yiga ku buryo bwo…

shadow

U Burusiya burateganya kohereza ibindi bikoresho bya gisirikare n’abatoza 60 bo gufasha abasirikare ba Centrafrique, mu guhangana n’imitwe yitwaje intwar U Burusiya bwatanze inkunga y’imbunda amagana n’abatoza 175 muri Centrafrique mu ntangiriro z’uyu mwaka, mu gufasha iki gihugu guhashya imitwe yitwaje…

shadow

Ibyaha biri kugenda byiyongera mu gihugu, bikongerera inkiko akazi ko kuburanisha imanza nyinshi zizinjiramo Mu itangizwa ry’Umwaka w’Ubucamanza wa 2018/2019, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Prof Sam Rugege, yabwiye Perezida wa Repubulika ko mu mwaka ushize hinjiye imanza nyinshi ugereranyije n’uwabanje.…

shadow

Umuhanzikazi Sheebah Karungi wo mu gihugu cya Uganda yatangaje ko mu myaka amaze mu muziki yakuye isomo rikomeye ku buryo yitwara ku rubyiniro, imyambarire ye n’ibindi byinshi bituma abantu batari bacye bavuga ko ari ‘indaya’.   Ugbliz yanditse ko Sheebah yaje kumenya impamvu atukwa akitwa ‘indaya’ na…