shadow

Mu 1995 nibwo Mukamurangwa Sebera Henriette yinjiye mu Nteko Ishinga Amategeko, umutwe w’abadepite, mu bihe byari bigoye kuko byari nyuma y’amezi make Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe. By’umwihariko byari ibihe bikomeye kuri Mukamurangwa wari umaze kwicirwa abe muri Jenoside barimo umugabo, ndetse no ku…

shadow

Shampiyona ya Baskeball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiranye ugutungurwa kuri LeBron James wakinaga umukino we wa mbere muri LA Lakers nyuma yo kuyijyamo avuye muri Cleveland Cavaliers. Los Angeles Lakers ni imwe mu makipe ahabwa amahirwe uyu mwaka yo kuba yakwegukana NBA cyangwa ikabasha guhangana na Golden…

shadow

Isi ihagurukiye kurwanya indwara zitandukanye zikomeye zifite ibizitera bitandukanye, ariko hari izindi zirengagizwa kandi nazo zifite ingaruka nyinshi zirimo guhitana ubuzima bw’abantu. U Rwanda rwamaze kurandura burundu zimwe muri zo, izindi nazo ziri mu nzira yo gucika mu Rwanda. Inama ya mbere yiga ku buryo bwo…

shadow

U Burusiya burateganya kohereza ibindi bikoresho bya gisirikare n’abatoza 60 bo gufasha abasirikare ba Centrafrique, mu guhangana n’imitwe yitwaje intwar U Burusiya bwatanze inkunga y’imbunda amagana n’abatoza 175 muri Centrafrique mu ntangiriro z’uyu mwaka, mu gufasha iki gihugu guhashya imitwe yitwaje…

shadow

Ibyaha biri kugenda byiyongera mu gihugu, bikongerera inkiko akazi ko kuburanisha imanza nyinshi zizinjiramo Mu itangizwa ry’Umwaka w’Ubucamanza wa 2018/2019, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Prof Sam Rugege, yabwiye Perezida wa Repubulika ko mu mwaka ushize hinjiye imanza nyinshi ugereranyije n’uwabanje.…

shadow

Umuhanzikazi Sheebah Karungi wo mu gihugu cya Uganda yatangaje ko mu myaka amaze mu muziki yakuye isomo rikomeye ku buryo yitwara ku rubyiniro, imyambarire ye n’ibindi byinshi bituma abantu batari bacye bavuga ko ari ‘indaya’.   Ugbliz yanditse ko Sheebah yaje kumenya impamvu atukwa akitwa ‘indaya’ na…

shadow

Umukamo bawugemura ku makaragiro kugira ngo babone amafaranga yo gukemuza ibibazo bitandukanye byo mu muryango, bigatuma abana netse n’abakuru banywa amata mu mpera z’icyumweru gusa, kuko aribwo aho bagemura amata badakora. Mujawayezu Marie Rose, ni umugore uvuga ko we n’umugabo we boroye inka mu nkengero…

shadow

Kugira ubuzima bwiza buzira umuze guhera mu kugira isuku. Kugira isuku nabyo kujyana no gukaraba intoki, hakoreshejwe amazi meza n’isabune. Indwara zitandukanye abenshi barwara, zituruka ku gukoresha intoki zidakarabye neza, cyane cyane mu gihe bagiye gutegura no gufata amafunguro. Amabwiriza ya Minisiteri…

shadow

Nyakwigendera H.E Nelson LOLILO MANDELA YARATABARUTSE Intwali y’Ikirenga y’Afurika yepfo yaratabarutse Taliki ya 05 Ukuboza Ishyingurwa I Kunu kuri Gakondo taliki ya 15 Ukuboza 2013 . Isomo k’ubuzima bwa Nyakwigendera Nelson LOLILO Mandela Umunyapolitiki, w’umwunzi, umuhanga, umujyanama, umwalimu, impirimbanyi…